Pamakio Press
  • Ahabanza
  • Imikino
  • Politiki
  • Ubuzima
  • Imyidagaduro
  • Hirya no hino
  • Ikoranabuhanga
  • Andi makuru
    • Ibyegeranyo
    • Urukundo

Imikino

Pamakio Press tukugezaho amakuru yose y’ Imikino mu Rwanda no hanze yarwo . Dusure kenshi wunguke byinshi

KIGALI: Intsinzi y’Amavubi yatumye benshi bibagirwa ibya guma murugo. Dore uko byari bimeze

January 27, 2021 Uwitonze Léonce 0

Nyuma y’intsinzi y’ikipe y’u Rwanda Amavubi mu ijoro ryacyeye, mu mujyi wa Kigali abantu benshi bagaragaye mu mihanda mu byishimo mu gihe uyu mujyi uri […]

Ikipe ya Chelsea imaze kwirukana uwari umutoza wayo Frank Lampard. Ese ninde ugiye kumusimbura?

January 25, 2021 Uwitonze Léonce 0

Ni amakuru asakaye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere, ko ikipe ya Chelsea imaze gusezerera uwari umutoza wayo Frank Lampard.Iyi kipe ya Chelsea yamaze […]

Didier Gomez Da Rosa wahoze atoza Rayon Sports yagizwe umutoza wa Simba.

January 24, 2021 Uwitonze Léonce 0

Ni inkuru imaze gutangazwa n’iyi kipe ya Simba sports club yo muri Tanzania, mu gitondo cyo kuriki cyumweru. Uyu mutoza Didier Gomez da Rosa ni […]

Rayon Sports niyo kipe yonyine yo mu Rwanda yongeye kuza muri 50 nziza muri Africa.

January 23, 2021 Uwitonze Léonce 0

Ni urutonde ngarukamwaka rukorwa na CAF hagendewe ku manota amakipe yinjije, gusa aya manota abarwa hakurikijwe amakipe yageze mu matsinda y’amarushanwa nyafurika. Kuva Rayon sports […]

Ikipe ya KCCA iherutse gusezererwa na As Kigali igiye kubaka stade yayo.

January 14, 2021 Uwitonze Léonce 0

Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe hanze kuri uyu wa gatatu, iyi kipe y’umujyi wa Kampala KCCA yatangaje ko yamaze gushyikiriza igishushanyo mbonera cya stade yabo, […]

Lionel Messi yatunguye benshi ubwo kuri Noheli yohererezaga icupa ry’inzoga buri muzamu yatsinze igitego.

December 30, 2020 Uwitonze Léonce 0

Ubwo yatsindiraga FC Barcelona igitego cya 644, yari akoze agashya maze akuraho agahigo kari gafitwe na Pele mu gutsindira ikipe imwe ibitego byinshi. Mu rwego […]

Benshi barasaba ko Minispor yagenera ibihano abakozi ba Ferwafa.

December 23, 2020 Uwitonze Léonce 0

Kuri uyu wa mbere ni bwo hasohotse imyanzuro y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ry’u Rwanda (FERWAFA) ritangaza ibihano ku makipe n’abakozi b’iryo shyirahamwe bakoze amakosa yo kutubahiriza […]

Milutin Micho wahoze atoza Amavubi arashinjwa gufata umugore ku ngufu.

December 12, 2020 Uwitonze Léonce 0

Umutoza w’ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya Zambia Milutin ‘Micho’ Sredojevic yahakanye ibirego byo gufata umugore ku ngufu muri Afurika y’epfo. Uyu munya-Serbia w’imyaka 51, wigeze […]

Aubameyang wa Arsenal yaciwe amande azira amagambo yavuze ku mbuga za internet.

December 10, 2020 Uwitonze Léonce 0

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) yatanze ibihano bitandukanye kubera kurenga ku mategeko yayo. Rutahizamu wa Arsenal Pierre-Emerick Aubameyang, yaciwe amande y’amadolari y’Amerika 10,000 (arenga […]

Mu marangamutima menshi Cristiano Ronaldo yavuze byinshi ku mibanire ye na Messi.

December 10, 2020 Uwitonze Léonce 0

Uyu mukinnyi rurangiranwa wa Juventus Cristiano Ronaldo, yashyize arerura avuga ku mubano we, n’uyu mukinnyi w’igihangange Lionel Messi. Nyuma y’umukino Juventus yatsinzemo Barcelona ibitego 3-0, […]

Posts navigation

1 2 … 18 »

shaka inkuru

Amakuru aheruka

ISRAEL: Igihugu cya mbere gisubiye mubuzima busanzwe, abatarafashe urukingo babujijwe kujya mu kabari.

March 4, 2021 0

Igihugu cya Israel cyimaze gukingira covid19 abantu basaga miliyoni eshanu, aba barenga gato kimwe cya kabiri cy’abaturage b’iki gihugu bose. Nyuma yuko ibi bibaye bisobanuye […]

NICK VUJICIC: Uyu yavutse atagira amakuru n’amaboko none n’umuherwe ese abaho ate? Irebere.

March 4, 2021 0

Uyu mugabo Nick Vujicic akivuka basanze nta maguru ndetse nta n’amaboko afite, nibyo rwose uyu yahuye n’uburwayi buzwi nka tetra-amelia syndrome ubu bukaba ari uburwayi […]

Abarenga kimwe cya kane (¼) bamaze kwivugira ko batazafata urukingo rwa covid-19.

March 4, 2021 0

Nubwo inzego z’ibihugu zitandukanye ku isi zidasiba kugaragaza ko umuntu utazafata urukingo hari uburenganzira atazabona m’ubuzima busanzwe, kuri ubu abantu bakabakaba ¼ cy’abaturage ba Amerika […]

Niba utari umuherwe dore ubwoko bw’abakobwa udakwiye gukuramo umugore.

March 2, 2021 0

Burya gushaka umugore bifatwa nk’umugisha ndetse n’amahirwe ku mugabo, icyakora nanone gushaka umugore bishobora kukubana ikizamini gikomeye mubuzima bwawe kuburyo uzahora ubyicuza kugeza uvuye ku […]

Umukobwa yahimbye ko atwite kugira ngo yirire amafranga. Ibyamubayeho biteye ubwoba.

March 2, 2021 0

Burya ubuzima bwose tubamo tuba dukwiye gushima Imana kubera ko ubwo buzima twe twinubira hari abandi benshi baba babwifuza. Mu bihugu byinshi bya Africa usanga […]

tunga urubuga

Custom Text

izerekeye ubuzima

Minisitiri w’ubuzima Dr. Ngamije yamaze impungenge abatinya urukingo rwa COVID-19

February 5, 2021 0

Minisitiri w’Ubuzima, Dr Ngamije Daniel, yavuze ko abaturage nta mpungenge bakwiriye kugira ku rukingo rwa COVID-19 ndetse ko yiteguye kurufata bwa mbere kugira ngo atange […]

Mu by’ukuri urukingo rwa covid19 rugura angahe? Ese abaturage bazaruhabwa ku buntu? Menya byinshi.

February 4, 2021 0

Muriyi minsi ku isi hari kumvikana inkundura ya kabiri (2nd wave) ya coronavirus, icyakora nubwo imibare y’abandura ikomeza kugenda izamuka, hari ikizere ko wenda mu […]

Menya impamvu nyakuri umugore utwite azana umurongo uhagaze ku nda.

January 25, 2021 0

Kuri mwe mwese mukunda kudukurikira umunsi ku wundi mujya mubona inkuru nyinshi zivuga ku buzima kuko bifasha benshi mu buzima bwabo bwa buri munsi. Ninayo […]

Dore ibihugu byazahajwe na SIDA kurusha ibindi ku isi.

January 7, 2021 0

Agakoko gatera Sida ni imwe mu ndwara zirambye ku mubumbe w’isi dutuye, iki cyorezo kiri muri bicye byabashije kugera muri buri gihugu kigize isi. Gusa […]

MEXIQUE: Umuganga arembeye mu bitaro nyuma yo guhabwa urukingo rwa Covid-19.

January 4, 2021 0

Ubuyobozi mu gihugu cya Mexique buri gukora iperereza ku makuru yuko umuganga w’imyaka 32 arembeye mu bitaro, nyuma yuko ahawe urukingo rwa Covid-19 rwakozwe na […]

Pamakio Press

Ikinyamakuru gikorera mu Rwanda mu mugi wa Kigali, Kigamije kukugezaho amakuru yose yizewe ,yuzuye kandi kugihe yose mururimi rw’i Kinyarwanda.

Twandikire kuri

  • pamakiopress@gmail.com
HITAMO INkURU

Copyright © 2021 |Website Designed by Pamakio Press Media

error: Content is protected !!