Ikarabiya, ipasi, umutaka w’ikirindi n’ibindi twese twumviseho. Izi mari zarengeye he, Ese nawe waba warigeze uzishakishaho? Habagamo iki?
Uyu mugabo ibyo yariye byatumye igitsina gihinduka igufa. Irebere nawe…
Niho hantu habi ku isi, nta muntu n’umwe ushobora kuhamara iminota itanu. Irebere ibitangaje
Niba ugitunze CD (DVD) iwawe vubaha ushobora kuzazigurisha akayabo kuko ubu ziri gushakishwa cyane.
Ubu nta mugore wemerewe kuba umucungagereza nyuma yaho umwe aguwe gitumo ari gutera akabariro n’imfungwa.
Rya rushanwa ridasanzwe ryo gushaka umunebwe wa mbere ku isi ryagarutse. Dore ibisabwa niba nawe ushaka kwitabira
Nahisemo kumureka kuko yamfataga nk’imfizi ye, Uyu mugabo yatandukanye n’umugore we umurusha imyaka 40 abantu barumirwa.
Umugabo yaguye igihumure akimara kumenya ko inzu yishyurira ubukode bimugoye ari iy’umugore we. Ari wowe wakora iki?
Umugabo wange ndamwonsa kuko akunda amashereka kurusha amata. Uyu mugore yasekeje abantu benda kugwa.
Wa musore wagurishije impyiko ye ngo abashe kugura iphone ubuzima bwe bugeze habi. Ese ubundi muri iPhone habamo iki?
Yanze ko turyamana tutarakora ubukwe, none nasanze nta gitsina agira. Uyu mugore yavuze agahinda ke abantu barumirwa.
RAYON SPORTS: Byagenze bite ngo izina rikomeye cyane mu gihugu ribure umuntu uribyaza umusaruro ufatika?