Ikarabiya, ipasi, umutaka w’ikirindi n’ibindi twese twumviseho. Izi mari zarengeye he, Ese nawe waba warigeze uzishakishaho? Habagamo iki?
Uyu mugabo ibyo yariye byatumye igitsina gihinduka igufa. Irebere nawe…
Niho hantu habi ku isi, nta muntu n’umwe ushobora kuhamara iminota itanu. Irebere ibitangaje
Niba ugitunze CD (DVD) iwawe vubaha ushobora kuzazigurisha akayabo kuko ubu ziri gushakishwa cyane.
Uyu mukobwa utangaje yarahiye ko atazigera yogosha ubwoya na bumwe ku mubiri we. Kuva ku mutwe, ukamanuka mu gatuza ukageza ku birenge ni ubwoya...
GABOLA CHURCH: Sobanukirwa byinshi ku rusengero baterana bari kunywa inzoga nyinshi.
Akwiriye guhabwa igihano yagusabiraga. Abakinnyi banyuranye barasaba ko uwafungishije Mendy amubeshyera akwiriye gufungwa burundu.
Ibuye ry’agaciro ridasanzwe rigiye gutuma muri RD Congo haduka indi ntambara ikomeye cyane. Menya byinshi bitavugwa.
Hari ibihugu bizi gufata imyanzuro ikaze pe, Misiri yiyemeje kubaka umugezi mushya uzabafasha guhinga ingano, kuburyo batazongera kuzitumiza muri Ukraine.
BIRAKAZE PE! Umugabo yiyahuye nyuma yuko umugore we yanze kumutekera inkoko.
Byagenze bite ngo u Rwanda rwisange mu bihugu bya mbere bifite abanywi benshi b’inzoga?
INDIA: Umukobwa udafite inkwano ntashobora kubona umugabo. Irebere nawe ibyabaye kuri uyu.
RAYON SPORTS: Byagenze bite ngo izina rikomeye cyane mu gihugu ribure umuntu uribyaza umusaruro ufatika?