Ikarabiya, ipasi, umutaka w’ikirindi n’ibindi twese twumviseho. Izi mari zarengeye he, Ese nawe waba warigeze uzishakishaho? Habagamo iki?
Uyu mugabo ibyo yariye byatumye igitsina gihinduka igufa. Irebere nawe…
Niho hantu habi ku isi, nta muntu n’umwe ushobora kuhamara iminota itanu. Irebere ibitangaje
Niba ugitunze CD (DVD) iwawe vubaha ushobora kuzazigurisha akayabo kuko ubu ziri gushakishwa cyane.
Benshi ntibumva ukuntu abarenga 100 bumviye pasiteri kugeza nubwo abasabye kwiyahura bakabikora.
KENYA: Hamaze gutorwa imirambo y’abantu 21 baguye mu masengesho yo kwiyiriza.
Rurageretse mu itorero rya Angilikani kubera ubutinganyi.
Abantu umunani bakurikiranyweho urupfu rwa Diego Maradona.
Umubyeyi yaguriye umwana we w’imyaka itanu imodoka ihenze ngo bimutere umuhate wo kujya ku ishuri.
BURUNDI: Leta yakuyeho imisoro ku biribwa by’ibanze bikenerwa cyane mu gihugu.
Pulake y’imodoka ihenze kurusha izindi ku isi yaraye igurishijwe. Menya icyatumye ihenda nayo yaguzwe.
Uwatorotse gereza muri Africa y’epfo bakabeshya ko yapfuye, yafatiwe muri Tanzania.
RAYON SPORTS: Byagenze bite ngo izina rikomeye cyane mu gihugu ribure umuntu uribyaza umusaruro ufatika?