Ikarabiya, ipasi, umutaka w’ikirindi n’ibindi twese twumviseho. Izi mari zarengeye he, Ese nawe waba warigeze uzishakishaho? Habagamo iki?
Uyu mugabo ibyo yariye byatumye igitsina gihinduka igufa. Irebere nawe…
Niho hantu habi ku isi, nta muntu n’umwe ushobora kuhamara iminota itanu. Irebere ibitangaje
Niba ugitunze CD (DVD) iwawe vubaha ushobora kuzazigurisha akayabo kuko ubu ziri gushakishwa cyane.
Umugabo yatawe muri yombi akurikiranyweho icyaha cyabaye mu myaka irenga 150 ishize.
Umuhungu akimara gutandukana n’umukobwa bakundanaga yahise aterura inzu yari yaramwubakiye arayijyana. Irebere uko byagenze.
Uyu muherwe w’umusaza utunze miliyoni 500$ avuga ko nta n’igiceri azaha abana be najya gupfa.
Mfite imyaka 24, umugabo wange afite 85, Ubu turacyari gushaka uko twabona umwana wacu wa mbere. Uyu mugore yabaye igitaramo ku mbuga.
Umugore yiyemeje gutandukana n’umugabo we amuziza ko yamutangiye injangwe atamubajije.
Imana ni ikinyoma ntibaho, ni inkuru mpimbano, Irebere ibyavugiwe mu nama iherutse guhuza abantu batemera Imana, niyo nama yahuje abantu benshi ku isi…
Yamaze imyaka 28 yarahawe igihano cyo kutabonana n’umuntu uwariwe wese. Menya ubuzima bw’iyi mfungwa yihariye ku isi.
Ku myaka 117 niwe muntu ukuze ku isi, murumuna we afite imyaka 107. Ibanga ryabo n’irihe? Irebere nawe…
RAYON SPORTS: Byagenze bite ngo izina rikomeye cyane mu gihugu ribure umuntu uribyaza umusaruro ufatika?