spot_img

Niba ugitunze CD (DVD) iwawe vubaha ushobora kuzazigurisha akayabo kuko ubu ziri gushakishwa cyane.

- Advertisement -

Muri iki gihe bisigaye bigoranye ko wabona abantu babyigana bajya gushakisha amafilime ku muhanda nkuko byaba bimeze mu myaka 10-15 ishize. Imbuga zizwi cyane nka Netflix, Prime cyangwa Disney Plus mu zatwibagije amateka twanyuzemo muriyo myaka kuko ubu wifashishije telefone, mudasobwa cyangwa television yawe ujya kuri izi mbuga ugasangaho filime zose yaba iza vuba niza kera, ibi kandi byanatumye abana bari kubyiruka ubu batamenya ibintu nka CD, na Cassette akamaro byari bidufitiye mu myaka yashize.

 

- Advertisement -

Icyakora nubwo ari uko bimeze ngo ntakibura akamaro, kuriyi nshuro niba nawe warahereye kera uri umufana wa za filime ukaba warabitse ama CDs menshi, imwe murizo ishobora kuguhindurira ubuzima ubu tuvugana. Ndabizi uri kwibaza uti iyo CD ni iyihe, kuri ubu hari filime iri gushakishwa ikaba yarabuze kuri za mbuga zose twavuze haruguru ndetse ikaba nta studio ikibarizwamo, yewe nta n’urubuga rwa youtube ruyifite, bikaba bikekwa ko rero hari umuntu runaka waba uyifite kuri CD, uwo muntu ukiyifite ari nzima akaba ariwe uzatsindira izi cash.

Iyi nta yindi ni filime yasohotse mu mwaka wa 2000 yakinwe n’uwitwa Danny Boyle, iyo filime ikaba yitwa “28 Days Later” ku bantu bakunze kureba filime z’ibyikango, iyo filime barayizi neza cyane kuko yerekeranye na za zombie.

- Advertisement -

Uramutse uyifite yaba kuri DVD cyangwa Blu-Ray umenyeko uryamiye ikirombe wakabaye ubyaza umusaruro ndetse aka kanya wajya ku mbuga za Netflix ugahita uyigurisha.

- Advertisement -

Related Articles

- Advertisement -spot_img

Latest Articles