spot_img

Uyu mugore udasanzwe avuga ko yiyemeje kuryamana n’umuntu byibura umwe muri buri gihugu kiri ku Isi. Dore ibisabwa ngo aguhitemo. 

- Advertisement -

Uyu mugore udasanzwe yiyise Coco Bae, avuga ko kugeza ubu amaze kuryamana n’abagabo 40 baturuka mu bihugu 40 bitandukanye ndetse ntaho arageza kuko we ashaka kuzenguruka ibihugu byose bigize isi.

Bimwe mu bihugu amaze kugeramo avuga ko harimo America, Canada, Ubwongereza, Israel, Australia, na Haiti, ndetse ngo azatuza ariko byibuze amaze kuryamana n’abagabo baturutse mu bihugu 195. bitewe nuko aricyo yiyemeje uyu avuga ko buri gihugu avuyemo, atahana idarapo ryacyo kugira ngo atazakora ikosa akagira aho ajya kabiri. Ariko kandi ngo ahora muri pasiporo ye abara ibihugu amaze kugeramo kuko ari inshingano yihaye kugera muri buri gihugu.

- Advertisement -

Coco Bae usanzwe akina filime z’ubusambanyi, yabwiye umunyamakuru ati mfite abagabo muri ibi bihugu bikurikira kandi bose twamaze kuryamana. America, Canada, Ubwongereza, Israel, Australia, Haiti, El Salvador, Holland, Norway, Greece, France, Belgium, Germany, Denmark, Ireland, Belize, Djibouti, Nicaragua, Italy, Guatemala, Suisse na Argentina. Uretse ibi yabashije kuvuga yemeza ko hari nibindi atavuze ariko amaze kubigeramo byose uko ari 40 kandi byibuze yamaze kuryamana n’umugabo byibura umwe muri buri gihugu.

- Advertisement -

Uyu ariko ahamya ko aho yanyuze hose atatinya kuvuga ko haraho yasanze abagabo b’ibigwari mu buriri ndetse naho yasanze abagabo bashoboye. Uyu avuga ko muri Brazil ari aba mbere mu gitanda ndetse ko abagabo bo mu budage (Germany) ari ba ntakigenda.

Icyakora mwene aba bantu baba bafite gahunda ntabwo abantu babavugaho rumwe, kuko kenshi usanga bashinjwa kuba bamwe mu bantu bashobora gukwirakwiza indwara ku bushake, cyane cyane indwara ziba zitaramenyekana cyane, kuburyo usanga umuntu umwe akwirakwije indwara ku isi hose.

Ese wowe ibi wabivugaho iki?

- Advertisement -

Related Articles

- Advertisement -spot_img

Latest Articles