spot_img

Uyu mugore umaze kuryamana n’abagabo barenga 200 muri uyu mwaka avuga ko kuri ubu yifuza uwo bakundana bya burundu.

- Advertisement -

Ni inkuru bashobora kukubwira ukumva ni ibinyoma by’ubu ariko siko bimeze, ni inkuru y’ukuri ndetse uyu mugore witwa Bonny Blue amenyerewe cyane muri filimi z’urukozasoni, avuga ko nubwo mu buzima bwe abantu bamumenyereye nk’abakina filimi z’ubusambanyi ariko ko bidakuraho ko nawe ari umuntu nk’abandi ndetse agira urukundo, kuri we ngo yiyumvamo ko hari umukunzi uhari bazakundana ndetse bakabana ubuzima bwose.

Uyu mugore bivugwa ko muri uyu mwaka gusa mu karuhuko k’abanyeshuri ba kaminuza ngo yaryamanye n’abanyeshuri 122 bo muri za kaminuza. Nyuma yibyo uyu ngo yatangaje abantu ubwo yavugaga ko ubu yiteguye kwicara hamwe akabana n’umuntu umwe nk’umugore n’umugabo.

- Advertisement -

Kuba amaze kuryamana n’abagabo barenga 200 muri uyu mwaka wonyine, akaba ari ikimenyabose muri filimi z’ubusambanyi (x-rated content) ngo ntabwo bimubuza guhora atekereza kuzahura nuwo yihebeye bakibanira batitaye kurako kazi yanyuzemo.

- Advertisement -

Uyu yanakoze amateka ubwo yigeze anyura mu mujyi umwe muri Amerika afite icyapa cyanditseho ngo “reka dusambane ku buntu ariko urareka mbifate kuri camera” uyu asaba uwo bazakundana kutazita cyane kuribi byo kuryamana n’uruhuri rw’abagabo kuko yabikoraga nk’akazi cyane ko ngo yabikuyemo akayabo, nko mu mwaka ushize gusa bivugwa ko yinjije arenga miliyoni y’idolari ayakuye mu kwicuruza ku bagabo baturutse imihanda yose y’isi.

Ese waba witeguye ngo uzisangire uyu mugore muhuze dore ko akiri muto ku myaka ye 25 gusa?

- Advertisement -

Related Articles

- Advertisement -spot_img

Latest Articles